Abanywarwanda mu ngeri zinyuranye haba abari imbere mu gihugu no hanze yacyo bakozwe ku mutima n’intsinzi ya Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 bagaragaza amarangamutima yabo yuzuyemo ibyishimo bisendereye.
Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Kuri uyu wa Gatatu mu Murenge wa Kiziguro, Akarere ka Gatsibo, hizihirijwe ku rwego rw’Igihugu umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko,hagarukwa ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka u Rwanda rw’ahazaza no ku kamaro ko kurinda ubuzima bwabo.
Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda arenga miliyoni 9$ (asaga miliyari 14,5 Frw), avuye muri toni 8,863 zoherejwe mu mahanga mu minsi itanu gusa, kuva tariki 3-7 Kanama 2026.
Bamwe mu baturage bo mirenge itandukanye yo mu karere ka Gicumbi baravuga ko batewe impungenge n'itsinda ry'urugomo ryiyita abarembetsi babategera mu nzira bakabambura,bakabakubita, bakanabakomeretsa.Polisi ivuga ko umwe mu bacyekwa amaze gufatwa,abandi bagishakishwa